Nyuma yo guhabwa inkunga na caritas Rwanda, binyujijwe mu mushinga UNHCR Graduation Pilot 2020 akayikoresha umushinga wo gukora ubuhinzi bw’ibihumyo; Tesire Alexia avuga ko uyu mushinga wahinduye byinshi mu mibereh


Ngira Nkugire, umushinga urengera ibidukikije ushyirwa mu bikorwa na Caritas Nyundo / Kibuye ku bufatanye bwa Caritas Rwanda kuva ku ya 1 Mutarama 2018 kugeza ku ya 10 Ugushyingo 2020.
Kwizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe ibiribwa ku nshuro ya 75 kuwa 16 Ukwakira, 2020 bihuriranye n’igihe isi ihanganye n’icyorezo cya COVID 19.

Gimbuka ni umushinga watewe inkunga na USAID ushyirwa mu bikorwa na Caritas Rwanda, intego nyamukuru zawo mu turere 11 hagati ya 2012-2020 zari ukuzamura imirire, gushimangira imibereho myiza y'imfubyi n'abandi ban

Umushinga Gikuriro witaga ku bikorwa bigamije kuzamura imirire myiza, amazi isuku n’isukura ukaba waterwaga inkunga na USAID kuva mu kwezi kw’ukwakira 2016, washoje ibikorwa byawo muri Nyakanga 2020, abo wagezeho b

Ku bw’ubufasha Caritas itanga mu nkambi y’impunzi z’abarundi ya Mahama iherereye mu Karere ka Kirehe, ubu ifatwa nk’inshuti magara y’abasaza n’abakecuru, abafite ubumuga, abarwayi, abagore bibana ndetse n’abakobwa

Umushinga Gikuriro wibanda ku guteza imbere imirire myiza ndetse no ku isuku n’isukura, ni umushinga ushyirwa mu bikorwa na Caritas Rwanda mu turere tubiri aritwo Nyabihu mu Burengerazuba na Ruhango mu

Abagenerwabikorwa ba Caritas Rwanda bibumbiye mu matsinda yo kubitsa no kugurizanya binyuze mu mushinga USAID GIMBUKA, bahamya ko bimaze kubateza intambwe mu iterambere.

Caritas Rwanda ibinyujije mu mishinga yayo Gimbuka na Gikuriro iterwa inkunga na USAID ndetse ifatanyije n’abafatanyabikorwa baterwa inkunga na USAID hamwe n’akarereka Ruhango, barahamagarira abagabo batuye aka kar