{"id":15184,"date":"2024-08-20T12:27:05","date_gmt":"2024-08-20T12:27:05","guid":{"rendered":"https:\/\/caritasrwanda.org\/kiny\/?p=15184"},"modified":"2024-08-23T12:49:35","modified_gmt":"2024-08-23T12:49:35","slug":"kiziba-umushinga-wa-prm-pac-wasojwe-nyuma-yimyaka-3-ushyirwa-mu-bikorwa","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/caritasrwanda.org\/kiny\/kiziba-umushinga-wa-prm-pac-wasojwe-nyuma-yimyaka-3-ushyirwa-mu-bikorwa\/","title":{"rendered":"Kiziba: Umushinga wa PRM\/PAC wasojwe nyuma y\u2019imyaka 3 ushyirwa mu bikorwa"},"content":{"rendered":"<p>Ku itariki 26\/07\/2024, umushinga wa PRM\/PAC wari umaze imyaka itatu ushyirwa mu bikorwa mu nkambi ya Kiziba wasojwe ku mugaragaro, nyuma yo gufasha abafatanyabikorwa 580 gukora imishinga ibabyarira inyungu kugira ngo bave mu bukene biteze imbere.<\/p>\n<p>Uyu mushinga PAC watangiye gukorera mu nkambi ya Kiziba ku itariki ya 1 Kanama 2021, ibikorwa byawo bikaba byarasojwe kuri 31 Nyakanga 2024.<\/p>\n<p>Ibikorwa by\u2019umushinga byari biteganijwe kugera ku bafatanyabikorwa 700 harimo 500 b\u2019impunzi na 200 b\u2019Abanyarwanda baturiye inkambi. Bitewe na gahunda yo kwimurira impunzi mu gihugu cya 3, abagezweho n\u2019ibikorwa ni 580 kuko harimo abagiye hanze.<\/p>\n<p>Nyuma yo gutoranywa, abafatanyabikorwa bahawe amahugurwa atandukanye, bahabwa inkunga ya Frw 800.000 buri wese kugira ngo bakore imishinga mito ibabyarira inyungu, kandi bakangurirwa kwibumbira mu matsinda yo kubitsa no kugurizanya kugira ngo barusheho kwiteza imbere. Amatsinda agera kuri 24 (17 yo mu nkambi ya Kiziba na 7 yo hanze y\u2019 inkambi) ni yo yashinzwe, agizwe n\u2019abanyamuryango 580. Kugeza uyu munsi amafaranga angana na 113.661.003 Frw yanyuze mu ntoki z\u2019aya matsinda.<\/p>\n<p>Imishinga yashyizwe mu bikorwa n\u2019abafatanyabikorwa b\u2019umushinga irimo iy\u2019ubuhinzi n\u2019ubworozi 259, iy\u2019ubucuruzi 329, ijyanye n\u2019ubumenyingiro 35, ijyanye no gutwara abantu kuri moto 15, na 20 ijyanye no gutanga serivisi zinyuranye (mobile money, serivisi z\u2019 irembo).<\/p>\n<p>Mu kwiteza imbere abafatanyabikorwa b\u2019umushinga wa PRM\/PAC baguze amatungo arimo inka 130, ingurube 235, ihene 273, inkoko 256, abandi 57 biyubakira amazu mu rwego rwo kwibonera aho kuba hababereye.<\/p>\n<p>Mu ijambo yagejeje ku bari bitabiriye umuhango wo gusoza ibikorwa by\u2019umushinga PRM\/PAC mu nkambi ya Kiziba, Umunyamabanga Mukuru wa Caritas Rwanda, Padiri Oscar Kagimbura, yashimiye Leta y&#8217;u Rwanda kuko yakoze ibishoboka byose impunzi zikabona umutekano, zikabasha no gukora ibiziteza imbere, anashima ubufatanye bw&#8217;inzego zose mu gufasha impunzi.<\/p>\n<p>Umushinga PRM\/PAC washyizwe mu bikorwa na Caritas Rwanda mu nkambi za Kiziba na Nyabiheke, ku bufatanye na World Vision Rwanda, ku nkunga y\u2019 ikigo cy\u2019Abanyamerika gishinzwe guteza imbere impunzi n\u2019abimukira (BPRM). Intego y\u2019uyu mushinga yari iyo gufasha impunzi n\u2019Abanyarwanda baturiye inkambi kwivana mu bukene bukabije.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ku itariki 26\/07\/2024, umushinga wa PRM\/PAC wari umaze imyaka itatu ushyirwa mu bikorwa mu nkambi ya Kiziba wasojwe ku mugaragaro, nyuma yo gufasha abafatanyabikorwa 580 gukora imishinga ibabyarira inyungu kugira ngo bave mu bukene biteze imbere. Uyu mushinga PAC watangiye gukorera mu nkambi ya Kiziba ku itariki ya 1 Kanama 2021, ibikorwa byawo bikaba byarasojwe &hellip; <a href=\"https:\/\/caritasrwanda.org\/kiny\/kiziba-umushinga-wa-prm-pac-wasojwe-nyuma-yimyaka-3-ushyirwa-mu-bikorwa\/\" class=\"more-link\">Continue reading <span class=\"screen-reader-text\">Kiziba: Umushinga wa PRM\/PAC wasojwe nyuma y\u2019imyaka 3 ushyirwa mu bikorwa<\/span><\/a><\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":15185,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[30],"tags":[],"class_list":["post-15184","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-news"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/caritasrwanda.org\/kiny\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/15184","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/caritasrwanda.org\/kiny\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/caritasrwanda.org\/kiny\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/caritasrwanda.org\/kiny\/wp-json\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/caritasrwanda.org\/kiny\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=15184"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/caritasrwanda.org\/kiny\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/15184\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":15186,"href":"https:\/\/caritasrwanda.org\/kiny\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/15184\/revisions\/15186"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/caritasrwanda.org\/kiny\/wp-json\/wp\/v2\/media\/15185"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/caritasrwanda.org\/kiny\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=15184"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/caritasrwanda.org\/kiny\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=15184"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/caritasrwanda.org\/kiny\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=15184"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}