{"id":15090,"date":"2024-05-20T13:46:15","date_gmt":"2024-05-20T13:46:15","guid":{"rendered":"https:\/\/caritasrwanda.org\/kiny\/?p=15090"},"modified":"2024-05-24T13:47:24","modified_gmt":"2024-05-24T13:47:24","slug":"16-gicurasi-2024-caritas-rwanda-yijihije-umunsi-wabakozi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/caritasrwanda.org\/kiny\/16-gicurasi-2024-caritas-rwanda-yijihije-umunsi-wabakozi\/","title":{"rendered":"16 Gicurasi 2024: Caritas Rwanda yijihije umunsi w&#8217;abakozi"},"content":{"rendered":"<p>Kuri uyu wa 16 Gicurasi 2024, abakozi ba Caritas Rwanda bahuriye mu nama y&#8217;umunsi umwe, baboneraho kwizihiza umunsi w&#8217;umurimo usanzwe wizihizwa ku itariki ya 1 Gicurasi 2024.<\/p>\n<p>Uyu munsi watangijwe n&#8217;amahugurwa magufi\/y\u2019umunsi umwe ajyanye no gusigasira\/kurinda no gukoresha neza amakuru y&#8217;ikigo, akaba yatanzwe n&#8217;urwego rw&#8217;abanyamategeko rwa Landmark advocates.<\/p>\n<p>Nyuma y&#8217;amahugurwa habayeho imikino y&#8217;umupira w&#8217;amaguru n&#8217;uw&#8217;amaboko (volleyball) yakinwe hagati y&#8217;abakozi ba Gahunda ya Igire-Gimbuka n&#8217;abandi bakozi basigaye ba Caritas Rwanda. Mu mupira w&#8217;amaguru, Igire-Gimbuka yatsinze ibitego 2 kuri 1 cy&#8217;abandi bakozi basigaye ba Caritas Rwanda.Muri Volleyball Caritas Rwanda yatsinze amaseti 2 kuri imwe ya Igire-Gimbuka.<\/p>\n<figure id=\"attachment_15092\" aria-describedby=\"caption-attachment-15092\" style=\"width: 570px\" class=\"wp-caption aligncenter\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"size-medium wp-image-15092\" src=\"https:\/\/caritasrwanda.org\/kiny\/wp-content\/uploads\/2024\/05\/162A4237-570x430.jpg\" alt=\"\" width=\"570\" height=\"430\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-15092\" class=\"wp-caption-text\">Habayeho imikino y&#8217;umupira w&#8217;amaguru n&#8217;uw&#8217;amaboko (volleyball) yakinwe hagati y&#8217;abakozi ba Gahunda ya Igire-Gimbuka n&#8217;abandi bakozi basigaye ba Caritas Rwanda.<\/figcaption><\/figure>\n<p>Mu ijambo yagejeje ku bakozi basaga 100 bitabiriye uyu munsi mukuru, Umunyamabanga Mukuru wa Caritas Rwanda Padiri Oscar Kagimbura yabashimiye kuwitabira, abasaba gukomeza kwitangira umurimo bakora kuko ari ingenzi mu gufasha Caritas gutabara abakene ishinzwe.<\/p>\n<p>Padiri Oscar Kagimbura yaboneyeho gushyikiriza ishimwe Caritas Rwanda yageneye Madame Nduwamungu Th\u00e9r\u00e8se umaze imyaka isaga 18 ayikorera, akaba agiye mu kiruhuko cy&#8217;izabukuru. Ishimwe yahawe ryari ryanditseho amagambo amushimira akazi k&#8217;indashyikirwa yakoze, mu myaka isaga 18 yari amaze ayikorera. Ni ubutumwa bwashyizweho umukono na Musenyeri Anaclet Mwumvaneza, Perezida wa Caritas Rwanda.<\/p>\n<figure id=\"attachment_15093\" aria-describedby=\"caption-attachment-15093\" style=\"width: 570px\" class=\"wp-caption aligncenter\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"size-medium wp-image-15093\" src=\"https:\/\/caritasrwanda.org\/kiny\/wp-content\/uploads\/2024\/05\/162A4265-570x430.jpg\" alt=\"\" width=\"570\" height=\"430\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-15093\" class=\"wp-caption-text\">Caritas Rwanda yahaye Madame Nduwamungu Th\u00e9r\u00e8se igihembo cy&#8217;ishimwe kubera akazi keza yayikoreye mu myaka 18 ishize.<\/figcaption><\/figure>\n<p>Padiri Kayisabe Vedaste, Umunyamabanga Mukuru w&#8217;Inama y&#8217;Abepiskopi Gatolika mu Rwanda wari witabiriye iki gikorwa cyabereye kuri Cercle Sportif de Kigali, yashimiye ubuyobozi bwa Caritas Rwanda bwateguye iki gikorwa, abusaba gukomeza kurangiza neza inshingano bahawe na Kiliziya.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Kuri uyu wa 16 Gicurasi 2024, abakozi ba Caritas Rwanda bahuriye mu nama y&#8217;umunsi umwe, baboneraho kwizihiza umunsi w&#8217;umurimo usanzwe wizihizwa ku itariki ya 1 Gicurasi 2024. Uyu munsi watangijwe n&#8217;amahugurwa magufi\/y\u2019umunsi umwe ajyanye no gusigasira\/kurinda no gukoresha neza amakuru y&#8217;ikigo, akaba yatanzwe n&#8217;urwego rw&#8217;abanyamategeko rwa Landmark advocates. Nyuma y&#8217;amahugurwa habayeho imikino y&#8217;umupira w&#8217;amaguru n&#8217;uw&#8217;amaboko &hellip; <a href=\"https:\/\/caritasrwanda.org\/kiny\/16-gicurasi-2024-caritas-rwanda-yijihije-umunsi-wabakozi\/\" class=\"more-link\">Continue reading <span class=\"screen-reader-text\">16 Gicurasi 2024: Caritas Rwanda yijihije umunsi w&#8217;abakozi<\/span><\/a><\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":15091,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[30],"tags":[],"class_list":["post-15090","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-news"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/caritasrwanda.org\/kiny\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/15090","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/caritasrwanda.org\/kiny\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/caritasrwanda.org\/kiny\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/caritasrwanda.org\/kiny\/wp-json\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/caritasrwanda.org\/kiny\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=15090"}],"version-history":[{"count":2,"href":"https:\/\/caritasrwanda.org\/kiny\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/15090\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":15095,"href":"https:\/\/caritasrwanda.org\/kiny\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/15090\/revisions\/15095"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/caritasrwanda.org\/kiny\/wp-json\/wp\/v2\/media\/15091"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/caritasrwanda.org\/kiny\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=15090"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/caritasrwanda.org\/kiny\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=15090"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/caritasrwanda.org\/kiny\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=15090"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}