{"id":15069,"date":"2024-02-26T14:10:43","date_gmt":"2024-02-26T14:10:43","guid":{"rendered":"https:\/\/caritasrwanda.org\/kiny\/?p=15069"},"modified":"2024-03-26T15:14:57","modified_gmt":"2024-03-26T15:14:57","slug":"inteko-rusange-ya-caritas-rwanda-ya-2024-2","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/caritasrwanda.org\/kiny\/inteko-rusange-ya-caritas-rwanda-ya-2024-2\/","title":{"rendered":"Inteko Rusange ya Caritas Rwanda ya 2024"},"content":{"rendered":"<p>Kuva ku ya 12 kugeza kuri 23 Gashyantare 2024, muri Centre Saint Paul de Kigali, Caritas Rwanda ibinyujije muri Gahunda yayo ya Igire-Gimbuka, ku bufatanye n\u2019abandi bafatanyabikorwa 3 ba Igire iterwa inkunga na PEPFAR binyuze muri USAID Rwanda, yahuguye abakangurambaga 24 ba Gahunda <em>Umuryango ni ingenzi!<\/em> (FMP). Abakandida 9 kuri 24 ni bo babonye impamyabumenyi za burundu.<\/p>\n<p>Nyuma y&#8217;iminsi 6 batangiye amahugurwa kuri FMP, abakandida 16 gusa ni bo batsinze ibizamini bagiye bahabwa buri munsi, bakaba ari bo bakomeje mu cyiciro cy\u2019iminsi 5 cyakurikiyeho cyo gukora imyitozo ku kwigisha gahunda Umuryango ni ingenzi! 9 gusa muri bo nibo babashije gutsinda muri iki cyiciro babona impamyabumenyi za burundu. Abandi batatu bahawe impamyabumenyi z&#8217;agateganyo bikaba biteganijwe ko bazakira iza burundu nibamara kuzuza ibyo basabwe gukora.<\/p>\n<p>Aya mahugurwa yakozwe hagamijwe kongera umubare w&#8217;abakangurambaga ba FMP mu turere twose dukorerwamo gahunda za OVC &#8211; DREAMS (Abana b\u2019imfubyi n\u2019abandi bugarijwe n\u2019ibibazo \u2013 abangavu n\u2019abakobwa\/abagore bato). Abandi bafatanyabikorwa bafatanije na Caritas Rwanda gutegura aya mahugurwa ni FXB, YWCA na DUHAMIC ADRI.<\/p>\n<figure id=\"attachment_15071\" aria-describedby=\"caption-attachment-15071\" style=\"width: 570px\" class=\"wp-caption aligncenter\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"size-medium wp-image-15071\" src=\"https:\/\/caritasrwanda.org\/kiny\/wp-content\/uploads\/2024\/03\/162A0862-570x430.jpg\" alt=\"\" width=\"570\" height=\"430\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-15071\" class=\"wp-caption-text\">Amahugurwa y&#8217;Umuryango ni Ingenzi.<\/figcaption><\/figure>\n<p>Nyuma y&#8217;amahugurwa, abakangurambaga ba FMP bazatanga amasomo ya FMP yongerera ubushobozi ababyeyi \/ abarezi ba b\u2019imfubyi n\u2019abana bugarijwe n\u2019ibibazo\/Abangavu, abakobwa n\u2019abagore bato ku buryo bwiza bwo kurera, ibiganiro ku buzima bw\u2019imyororokere hagati ababyeyi baganiriza abana, \u00a0ibi bikaba bigira uruhare mu gukumira ubwandu bushya bwa virusi itera SIDA no gukumira ihohoterwa rishingiye ku gitsina (GBV) mu rubyiruko (abakobwa n&#8217;abahungu) n&#8217;abagore bakiri bato bo bakurikiranwa b\u2019abafatanyabikorwa batandukanye bashyira mu bikorwa gahunda ya IGIRE.<\/p>\n<p>Nk\u2019abakangurambaga bazatoza abandi, abahuguwe kuri gahunda ya FMP bahawe ubumenyi bwimbitse burebana n\u2019ukuntu gahunda y\u2019Umuryango ni ingenzi ikora, hagamijwe kubategura gutanga amahugurwa y\u2019abandi batoza ba FMP. Aya mahugurwa agizwe n\u2019uruhererekane rw&#8217;amasomo arenana n\u2019inyigisho zikoreshwa muri FMP, imfashanyigisho za FMP, inshingano z&#8217;abatoza n&#8217;ibyo bazakora, umwitozo wo gukora muri abatoza babiri, uburyo bwo kwigisha abakuze, n\u2019ubumenyi ku gukusanya no gusangiza abandi amakuru.<\/p>\n<p>Uretse ibi bivuzwe hejuru, abahuguwe bize ibirebana n\u2019ubuzima bw\u2019imyororokere nk\u2019uko bikoreshwa mu burere bwiza hagati y\u2019ababyeyi n\u2019umwana, ibiganiro byimbitse no gusobanukirwa ibijyanye no gukumira ihohoterwa rishingiye ku gitsina.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Kuva ku ya 12 kugeza kuri 23 Gashyantare 2024, muri Centre Saint Paul de Kigali, Caritas Rwanda ibinyujije muri Gahunda yayo ya Igire-Gimbuka, ku bufatanye n\u2019abandi bafatanyabikorwa 3 ba Igire iterwa inkunga na PEPFAR binyuze muri USAID Rwanda, yahuguye abakangurambaga 24 ba Gahunda Umuryango ni ingenzi! (FMP). Abakandida 9 kuri 24 ni bo babonye impamyabumenyi &hellip; <a href=\"https:\/\/caritasrwanda.org\/kiny\/inteko-rusange-ya-caritas-rwanda-ya-2024-2\/\" class=\"more-link\">Continue reading <span class=\"screen-reader-text\">Inteko Rusange ya Caritas Rwanda ya 2024<\/span><\/a><\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":15070,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[30],"tags":[],"class_list":["post-15069","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-news"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/caritasrwanda.org\/kiny\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/15069","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/caritasrwanda.org\/kiny\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/caritasrwanda.org\/kiny\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/caritasrwanda.org\/kiny\/wp-json\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/caritasrwanda.org\/kiny\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=15069"}],"version-history":[{"count":2,"href":"https:\/\/caritasrwanda.org\/kiny\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/15069\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":15073,"href":"https:\/\/caritasrwanda.org\/kiny\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/15069\/revisions\/15073"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/caritasrwanda.org\/kiny\/wp-json\/wp\/v2\/media\/15070"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/caritasrwanda.org\/kiny\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=15069"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/caritasrwanda.org\/kiny\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=15069"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/caritasrwanda.org\/kiny\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=15069"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}