Nyuma yo guhabwa inkunga na caritas Rwanda, binyujijwe mu mushinga UNHCR Graduation Pilot 2020 akayikoresha umushinga wo gukora ubuhinzi bw’ibihumyo; Tesire Alexia avuga ko uyu mushinga wahinduye byinshi mu mibereh


Nyiricyubahiro Antoine Karidinali Kambanda arasaba abantu kudasuzugura abakene bavuga ko ubukene bafite ari bo babwiteye, ahubwo bakihutira kubafasha mu byo bakeneye.

Ababyeyi bafite abana bafashwa na Caritas Rwanda ibinyujije mu mushinga USAID Gimbuka bahamya ko ubufasha bw’ibikoresho by’ishuri abana babo bahabwa atari abana bigirira umumaro gusa ahubwo ari inyungu